Tumgik
#iyumvire
irankundaadolphe · 5 years
Video
IKINAMICO URWANJYE NTIRUGURWA IGICE CYA 2
0 notes
touchrwanda · 4 years
Text
Sadio Mané mu rukundo n'Umunyarwandakazi Kate Bashabe? Iyumvire icyo abivugaho (Video)
Sadio Mané mu rukundo n’Umunyarwandakazi Kate Bashabe? Iyumvire icyo abivugaho (Video)
Nyuma y’igihe kitari gito hasakajewa amakuru avuga ko umunya Senegal ukinira ikipe ya Liverpool Sadio Mané yaba ari mu rukundo n’umunyarwandakazo Kate Bashabe, abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, uyu mukinnyi yagize icyo avuga kuri aya makuru.
Mu gihe ibihuha byari byarangije gushidikanya ku by’umubano waba bombi, Sadio Mané  abinyujije ku rubuga rwa Instagram aho yabitangaje imbona nkubone mu…
View On WordPress
0 notes
aganzerafiki · 4 years
Video
Abagabo biki gihe ni hatari , iyumvire nkibi Kevin yakose, se ari wowe?
0 notes
umukunzimwiza · 5 years
Text
AKUMIRO: Iyumvire ubuhamya b'umukobwa wasambanyijwe na se umubyara amubwira ko ari kumupima ubusugi
AKUMIRO: Iyumvire ubuhamya b’umukobwa wasambanyijwe na se umubyara amubwira ko ari kumupima ubusugi
Umukobwa witwa Diane, ubwo yari afite imyaka 14 y’amavuko, se umubyara yaramuhohoteye amusambanya amubwira ko arimo kumupima ubusugi nyuma biza no kumuviramo gutwita inda ya se.
Mu buhamya uyu mukobwa Diane yatangiye mu rukiko nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru Africatimes dukesha iyi nkuru; n’agahinda kenshi yasobanuriye urukiko iby’umubyeyi we wamusambanyije amubwira ko ari kumupima ubusugi.
Ati:
View On WordPress
0 notes
frankirad · 8 years
Text
Iyumvire imiterere y'umusore Young Grace yifuza
Iyumvire imiterere y’umusore Young Grace yifuza
Abayizera Grace wamenyekanye ku izina ry’ubuhanzi rya Young Grace ni umwe mu bahanzikazi nyarwanda bakunzwe cyane haba mu Rwanda ndetse no hanze yarwo.
Young Grace ari mu bahanzikazi baririmba injyana ya Hip Hop, dore ko ahanini indirimbo ze ziba ziganjemo kurapa cyane
Grace ari mu bahanzikazi bemeza ko nta bakunzi bafite, ndetse ku ruhande rwe yaganiriye na Touchrwanda maze atubwira umusore…
View On WordPress
0 notes
touchrwanda · 5 years
Text
AKUMIRO: Iyumvire ubuhamya b'umukobwa wasambanyijwe na se umubyara amubwira ko ari kumupima ubusugi
AKUMIRO: Iyumvire ubuhamya b’umukobwa wasambanyijwe na se umubyara amubwira ko ari kumupima ubusugi
Umukobwa witwa Diane, ubwo yari afite imyaka 14 y’amavuko, se umubyara yaramuhohoteye amusambanya amubwira ko arimo kumupima ubusugi nyuma biza no kumuviramo gutwita inda ya se.
Mu buhamya uyu mukobwa Diane yatangiye mu rukiko nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru Africatimes dukesha iyi nkuru; n’agahinda kenshi yasobanuriye urukiko iby’umubyeyi we wamusambanyije amubwira ko ari kumupima ubusugi.
Ati:
View On WordPress
0 notes
umukunzimwiza · 5 years
Text
Iyumvire impamvu Uwahoze ari visi perezida wa Uganda yikundira kurongora abakobwa bakiri bato
Iyumvire impamvu Uwahoze ari visi perezida wa Uganda yikundira kurongora abakobwa bakiri bato
Prof. Gilbert Bukenya, uzwi nka ‘Kampala King of Ladies Happiness’ wahoze ari Visi Perezida wa Uganda, yatunguye abatari bacye avuga impamvu akunda kurongora abakobwa bakiri bato ku bwinshi.
Prof. Gilbert Bukenya yatangaje ko atabasha guhagarika amarangamutima agirira abakobwa bakiri bato nubwo afite umugore bashyingiranywe byemewe n’amategeko, kubera ko bamugarurira ubuyanjandetse ngo batuma…
View On WordPress
0 notes
touchrwanda · 5 years
Text
Iyumvire impamvu Uwahoze ari visi perezida wa Uganda yikundira kurongora abakobwa bakiri bato
Iyumvire impamvu Uwahoze ari visi perezida wa Uganda yikundira kurongora abakobwa bakiri bato
Prof. Gilbert Bukenya, uzwi nka ‘Kampala King of Ladies Happiness’ wahoze ari Visi Perezida wa Uganda, yatunguye abatari bacye avuga impamvu akunda kurongora abakobwa bakiri bato ku bwinshi.
Prof. Gilbert Bukenya yatangaje ko atabasha guhagarika amarangamutima agirira abakobwa bakiri bato nubwo afite umugore bashyingiranywe byemewe n’amategeko, kubera ko bamugarurira ubuyanjandetse ngo batuma…
View On WordPress
0 notes
umukunzimwiza · 5 years
Text
Kamonyi: Iyumvire ubuzima buteye agahinda bw'abana 7 batawe na nyina bakaba baranashyizwe mu cyiciro cya 3 cy’ubudehe
Kamonyi: Iyumvire ubuzima buteye agahinda bw’abana 7 batawe na nyina bakaba baranashyizwe mu cyiciro cya 3 cy’ubudehe
Abana barindwi bava inda imwe baravuga ubuzima buteye agahinda babayemo  nyuma y’aho nyina abataye mu nzu bonyine na Leta ikaba yarabashyize mu cyiciro cya 3 cy’ubudehe kandi batishoboye.
Aba bana bose uko ari barindwi batuye mu mudugudu wa Kabasanza, Akagari ka Gihara, Umurenge wa Runda, Akarere ka Kamonyi.
Mu kiganiro Udahemuka Eulade w’imyaka 21 yahaye ikinyamakuru Bwiza.com dukesha iyi…
View On WordPress
0 notes
touchrwanda · 5 years
Text
Kamonyi: Iyumvire ubuzima buteye agahinda bw'abana 7 batawe na nyina bakaba baranashyizwe mu cyiciro cya 3 cy’ubudehe
Kamonyi: Iyumvire ubuzima buteye agahinda bw’abana 7 batawe na nyina bakaba baranashyizwe mu cyiciro cya 3 cy’ubudehe
Abana barindwi bava inda imwe baravuga ubuzima buteye agahinda babayemo  nyuma y’aho nyina abataye mu nzu bonyine na Leta ikaba yarabashyize mu cyiciro cya 3 cy’ubudehe kandi batishoboye.
Aba bana bose uko ari barindwi batuye mu mudugudu wa Kabasanza, Akagari ka Gihara, Umurenge wa Runda, Akarere ka Kamonyi.
Mu kiganiro Udahemuka Eulade w’imyaka 21 yahaye ikinyamakuru Bwiza.com dukesha iyi…
View On WordPress
0 notes
umukunzimwiza · 5 years
Text
Nasuye umuhungu muri ghetto yatiye ibyo nahuriyemo nabyo ni akumiro [Ubuhamya]
Nasuye umuhungu muri ghetto yatiye ibyo nahuriyemo nabyo ni akumiro [Ubuhamya]
Mu buzima hari imyitwarire ishobora kugutera ibibazo bikomeye byagira ingaruka ku hazaza hawe cyangwa bikagusigira isomo rikomeye ryakubera impamba y’uburyo ugomba kwitwara, iyumvire ibyuyu mukobwa wasuye umuhungu muri ghetto yatiye.
Umukobwa w’imyaka 24, utuye Kagari ka Mumena mu Murenge wa Nyamirambo mu Mujyi wa Kigali, afite ubuhamya bwihariye aho uwari umukunzi we yamushoye mu busambanyi.
Mu…
View On WordPress
0 notes
touchrwanda · 5 years
Text
Nasuye umuhungu muri ghetto yatiye ibyo nahuriyemo nabyo ni akumiro [Ubuhamya]
Nasuye umuhungu muri ghetto yatiye ibyo nahuriyemo nabyo ni akumiro [Ubuhamya]
Mu buzima hari imyitwarire ishobora kugutera ibibazo bikomeye byagira ingaruka ku hazaza hawe cyangwa bikagusigira isomo rikomeye ryakubera impamba y’uburyo ugomba kwitwara, iyumvire ibyuyu mukobwa wasuye umuhungu muri ghetto yatiye.
Umukobwa w’imyaka 24, utuye Kagari ka Mumena mu Murenge wa Nyamirambo mu Mujyi wa Kigali, afite ubuhamya bwihariye aho uwari umukunzi we yamushoye mu busambanyi.
Mu…
View On WordPress
0 notes
umukunzimwiza · 5 years
Text
Iyumvire amagambo akakaye umutoza Zlatko Krmpotic wa APR FC yabwiye abafana batamwishimiye
Iyumvire amagambo akakaye umutoza Zlatko Krmpotic wa APR FC yabwiye abafana batamwishimiye
Umutoza Zlatko krmpotic yabwiye abafana ba APR FC batamukunda amagambo akakaye, benshi batari biteze kumva ava mu kanwa k’umutoza w’ikipe bakunda.
Mu kiganiro kirekire umutoza Zlatko Krmpotic yahaye Radio na TV10, yayibwiye ko abanye neza n’abakinnyi ndetse n’abayobozi be ndetse ngo abafana ba APR FCbatamukunda nawe ngo ntabwo abakunda, ndetse ngo azubahiriza amasezerano y’umwaka umwe yasinyanye…
View On WordPress
0 notes
touchrwanda · 5 years
Text
Iyumvire amagambo akakaye umutoza Zlatko Krmpotic wa APR FC yabwiye abafana batamwishimiye
Iyumvire amagambo akakaye umutoza Zlatko Krmpotic wa APR FC yabwiye abafana batamwishimiye
Umutoza Zlatko krmpotic yabwiye abafana ba APR FC batamukunda amagambo akakaye, benshi batari biteze kumva ava mu kanwa k’umutoza w’ikipe bakunda.
Mu kiganiro kirekire umutoza Zlatko Krmpotic yahaye Radio na TV10, yayibwiye ko abanye neza n’abakinnyi ndetse n’abayobozi be ndetse ngo abafana ba APR FCbatamukunda nawe ngo ntabwo abakunda, ndetse ngo azubahiriza amasezerano y’umwaka umwe yasinyanye…
View On WordPress
0 notes
umukunzimwiza · 5 years
Text
Iyumvire igitutsi Messi yatutse James Milner mu mukino wa FC Barcelona na Liverpool
Iyumvire igitutsi Messi yatutse James Milner mu mukino wa FC Barcelona na Liverpool
James Milner ukina hagati mu kibuga h’ikipe ya Liverpool, yahishuye yahishuye igitutsi Lionel Messi yamututse ubwo FC Barcelona yakinaga na Liverpool, mu mukino wa 1/2 cy’irangiza cya UEFA Champions league.
Ibi byabaye ubwo igice cya mbere cy’uyu mukino wari wabereye i Camp Nou cyari kirangiye abakinnyi basubiye mu rwambariro. Ni nyuma y’uko Milner yari yakomeje kujujubya Messi amukoreraho amako…
View On WordPress
0 notes
touchrwanda · 5 years
Text
Iyumvire igitutsi Messi yatutse James Milner mu mukino wa FC Barcelona na Liverpool
Iyumvire igitutsi Messi yatutse James Milner mu mukino wa FC Barcelona na Liverpool
James Milner ukina hagati mu kibuga h’ikipe ya Liverpool, yahishuye yahishuye igitutsi Lionel Messi yamututse ubwo FC Barcelona yakinaga na Liverpool, mu mukino wa 1/2 cy’irangiza cya UEFA Champions league.
Ibi byabaye ubwo igice cya mbere cy’uyu mukino wari wabereye i Camp Nou cyari kirangiye abakinnyi basubiye mu rwambariro. Ni nyuma y’uko Milner yari yakomeje kujujubya Messi amukoreraho amako…
View On WordPress
0 notes