Tumgik
frankirad · 7 years
Photo
Tumblr media
0 notes
frankirad · 7 years
Photo
Tumblr media
Along Side Ngabo Medard #Meddy
0 notes
frankirad · 8 years
Text
Dore ibyamamarekazi byongeresheje ingano y’ikibuno cyabo-AMAFOTO
Dore ibyamamarekazi byongeresheje ingano y’ikibuno cyabo-AMAFOTO
Bamwe mu byamamarekazi bya hano ku isi usanga barongereye ingano y’umubiri wabo kugirango bagaragare k’uburyo butandukanye nuko bari basanzwe bameze, mu rwego rwo gukurura umubare mwinshi w’abagabo.
Ubu buryo bwo kwibagisha bakakogerera ingano y’umubiri wawe usanga hari ababikra gusa bikazabaviramo ingaruka zikomeye cyane harimo n’urupfu.
Ibyamamare bitandukanye byagiye bivugwa ko ingano…
View On WordPress
0 notes
frankirad · 8 years
Text
Afurika y’Epfo: Abazungu barashinjwa gushyira umwirabura mu isanduku ari muzima
Afurika y’Epfo: Abazungu barashinjwa gushyira umwirabura mu isanduku ari muzima
Abazungu babiri, Willen Oosthuizen na Theo Marthins bakurikiranyweho gushyira umwirabura mu isanduku ku gahato bakamutera ubwoba ko bamutwika yumva igikorwa kigaragaza ivanguraruhu   cyashinze imizi hagati y’abazungu n’abirabura muri Afurika y’Epfo.
Urubanza rw’abazungu babiri bashyize umwirabura mu isanduku ku ngufu, nyuma amashusho akwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga ruteganyijwe gutangira…
View On WordPress
0 notes
frankirad · 8 years
Text
Burundi: Hafi y’inkambi ya gisirikare ya Mukoni humvikanye urufaya rw’amasasu
Burundi: Hafi y’inkambi ya gisirikare ya Mukoni humvikanye urufaya rw’amasasu
Hafi y’inkambi ya gisirikare ya Mukoni mu Majyaruguru ashyira Iburasirazuba mu ntara ya Muyinga mu ijoro ryo kuri uyu wa 23 rishyira kuwa 24 Mutarama humvikanye urufaya rw’amasasu yasutswe ku bajura bari bitwaje intwaro.
Hari ku isaha ya saa 2:30 z’igicuku ubwo abajura bari bitwaje intwaro bateraga hafi y’iyi nkambi maze abagabo bari bitwaje intwaro baje kwiba batanaga mu mitwe n’ingabo zari…
View On WordPress
0 notes
frankirad · 8 years
Text
U Rwanda mu bihugu 4 bya mbere muri Afurika birangwamo ruswa nkeya
U Rwanda mu bihugu 4 bya mbere muri Afurika birangwamo ruswa nkeya
Mu cyegeranyo cyashyizwe ahagaragara n’umuryango urwanya ruswa n’akarengane ku isi Transparency International, washyize u Rwanda mu bihugu bine bya mbere birangwamo ruswa nkeya, naho ku mwanya w’isi rukaba ku mwanya 44.
Nkuko bigaragara muri raporo yashyizwe ahagaragara n’uyu muryango, igihugu cy’u Rwanda kiza ku mwanya wa mbere mu bihugu byo kuri Afurika y’uburasirazuba bitarangwamo ruswa…
View On WordPress
0 notes
frankirad · 8 years
Text
Ihurizo rikomeye ku bakobwa hagati yo kuringanyiza urubyaro no gutwara inda
Ihurizo rikomeye ku bakobwa hagati yo kuringanyiza urubyaro no gutwara inda
Mu gihe imibare y’abakobwa  batwara inda zitateganyijwe iri kugenda yiyongera umunsi ku wundi, kuri ubu ngo Minisiteri zibishinzwe ziri gushaka uburyo icyo kibazo cy’abakobwa batwara inda n’ababa bazibateye cyahabwa umurongo.Dr Anicet Nzabonimpa ukora mu kigo cy’igihungu gishinzwe iby’ubuzima Rwanda Biomedical Center, mu kiganiro kuri radiyo yigihugu yavuze ko kugeza ubu aho kugira ngo umwana…
View On WordPress
0 notes
frankirad · 8 years
Text
Ubutumwa bwakoze kuri benshi umwana w’imyaka 7 yandikiye Perezida Trump
Ubutumwa bwakoze kuri benshi umwana w’imyaka 7 yandikiye Perezida Trump
Bana Alabed ni umwana w’imyaka 7 y’amavuko wavukiye akanakurira mu gihugu cya Syria kurubu akaba ari impunzi yahunze kubera intambara iri kubera muri icyo gihugu akaba aherereye mu gihugu cya Turukiya.
Bana yamenyekanye cyane hirya no hino ku isi bitewe n’uburyo akunda gukoresha urubuga rwa Twitter atabariza abana bagenzi be basigaye muri Syria bakomeje kuzira amaherere mu ntambara z’urudaca…
View On WordPress
0 notes
frankirad · 8 years
Text
Menya byinshi kuri Producer Junior Multisystem
Menya byinshi kuri Producer Junior Multisystem
Producer Junior Multi system ari mu bagabo bakomeye cyane hano muri muzika nyarwanda bitewe n’ibikorwa by’indashyikirwa yakoze byatumye muzika nyarwanda itera imbere k’uburyo bushimishije.
Junior abantu benshi bamumenye mu ndirimbo yakoze zazamuye abahanzi nyarwanda, muri abo twavuga nka Urban Boyz, Tom Close, Jay Polly, Queen Cha n’abandi benshi batandukanye yakorewe indirimbo zikabamenyekanisha…
View On WordPress
0 notes
frankirad · 8 years
Text
Ambasaderi w’u Butaliyani mu Rwanda yasuye Polisi y’u Rwanda
Ambasaderi w’u Butaliyani mu Rwanda yasuye Polisi y’u Rwanda
Uhagarariye igihugu cy’u Butaliyani mu Rwanda; ufite icyicaro muri Uganda, Ambasaderi Domenico Fornara, taliki ya 24 Mutarama yasuye Polisi y’u Rwanda ku cyicaro cyayo gikuru ku Kacyiru, akaba yarakiriwe n’Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda  Inspector General of Police (IGP), Emmanuel K. Gasana.Ambasaderi Domenico mu ruzinduko rwe, yari aherekejwe n’usanzwe ahagarariye u Rwanda muri Uganda…
View On WordPress
0 notes
frankirad · 8 years
Text
Police yasubije Imodoka ebyiri na Moto byari byaribwe muri Uganda
Police yasubije Imodoka ebyiri na Moto byari byaribwe muri Uganda
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri, police y’u Rwanda ku bufatanye na Interpol, yashyikirije Uganda imodoka ebyiri na moto imwe byari byaribwe bizanwa mu Rwanda.Muri iki gikorwa cyo gusubiza ibinyabiziga birimo imodoka 2 na moto  imwe bifite ibibiranga byo muri Uganda byibwe mu bihugu by’ Ubuyapani, Afurika yepfo n’ Ubwongereza  byafatiwe ku mupaka w’ u Rwanda na  Polisi mpuzamahanga ishami ry’u…
View On WordPress
0 notes
frankirad · 8 years
Text
Uganda: Yafatanywe mayirungi azi ko ari amababi y’icyayi
Uganda: Yafatanywe mayirungi azi ko ari amababi y’icyayi
Umunya Denmark, Petersen Deleuran Schots Kasper yafatanywe ibiyobyabwenge akatirwa igifungo cy’imyaka 12 n’izahabu y’akayabo ka miliyoni 6 z’amashiringi nyuma yo gufatanwa ikiyobyabwenge cyo mu bwoko bwa mayirungi we yakekaga ko ari amababi y’icyayi.Kasper wakatiwe n’urukiko rwa Entebbe akaba yemeye icyaha ariko akavuga ko atari azi ko ari ikiyobyabwenge yakekaga ko ari amababi y’icyayi, kubera…
View On WordPress
0 notes
frankirad · 8 years
Text
Uruzinduko rwa Perezida wa Turukiya muri Tanzania rwaje ruhetse ibisubizo
Uruzinduko rwa Perezida wa Turukiya muri Tanzania rwaje ruhetse ibisubizo
Ubwo umukuru w’igihugu cya Turukiya Tayyip Erdogan yakoreraga uruzinduko rw’akazi mu gihugu cya Tanzania, John Pompe Magufuli uyobora iki gihugu akaba yaboneyeho kumusaba inguzanyo ya koreshwa mu kwihutishwa mu kubaka umuhanda wa gari ya moshi uzahuza ibihugu by’Afurika y’Iburasirazuba.
Mu ruzinduko rwa Tayyip Erdogan waje aherekejwe n’aba Minisitiri batandukanye kuri uyu wa 23 Mutarama 2017 mu…
View On WordPress
0 notes
frankirad · 8 years
Text
Menya byinshi kuri Luis Suarez wizihiza isabukuru y'imyaka 30
Menya byinshi kuri Luis Suarez wizihiza isabukuru y’imyaka 30
Luis Alberto Suárez Díaz umugabo ukomeye cyane muri Ruhago akaba akomoka mu gihugu cya Uruguay kuri uyu wa kabiri tariki ya 24 Mutarama 2017 yizihije isabukuru y’imyaka 30 amaze ku isi y’abazima.
Suarez yamenyekanye cyane mu gikombe cy’isi cyo mu mwaka wa 2010, aho yigaragaje cyane bigatuma amakipe atandukanye amwifuza bikomeye, ndetse bikarangira ikipe ya FC Barcelone ariyo kipe akiniye kugeza…
View On WordPress
0 notes
frankirad · 8 years
Text
America: Yagereranyije Trump na Yesu none ari mu mazi abira
America: Yagereranyije Trump na Yesu none ari mu mazi abira
Umuririmbyikazi uririmba indirimbo zihimbaza Imana, Vicki Yohe yisanze ari mu mazi abira nyuma yo gushyira ifoto ku rubuga rwa Instagram, agaragaza ifoto ya Yesu agenda n’amaguru yerekeza muri White house amugereranya  na Donald Trump.Iyi foto Vicki yanditseho amagambo avuga ko Trump ari perezida ugiye kuyobora manda y’imyaka ine. Akomeza avuga ko umuntu amenya ko ari mu nzira nziza zo gukora…
View On WordPress
0 notes
frankirad · 8 years
Text
Ese n’iki kiri gutera kutavugwaho rumwe kwiyimurwa ry'ambasade y’Amerika i Yeruzalemu?
Ese n’iki kiri gutera kutavugwaho rumwe kwiyimurwa ry’ambasade y’Amerika i Yeruzalemu?
Mu busanzwe Ambasade ya Leta zunze ubumwe z’Amerika muri Israel yari iri mu murwa mukuru Tel Aviv kuruba hakaba hari gukorwa buri kimwe cyose gishoboka ngo bayimurire i Yeruzalemu nkuko byagiye byifuzwa n’abandi ba Perezida b’Amerika gusa bikarangira batabigezeho.
Wakwibaza impamvu nyamukuru yo kwimurira imikorere ya Ambasade mu gihugu kimwe byaba bigeze ku rwego rw’uko byateza ikibazo gikomeye…
View On WordPress
0 notes
frankirad · 8 years
Text
Dore Byendagusetsa z'akataraboneka
Dore Byendagusetsa z’akataraboneka
Ni byiza ko tugorora imbavu duseka mu gihe tubonye inkuru zisekeje nka Byendagusetsa, kuko abahanga bavuga ko byongera iminsi yo kubaho, Touchrwanda twabateguriye byendagusetsa udakwiye gucikwa kugirango wigororere imbavu.
1.Abagabo babiri bari bicaye hafi y’ingo zabo baganira nuko umwe ati mfite umwana w’ikigoryi nta wundi umeze nkawe nari nabona! Mugenzi we ati reka reka ntawarusha uwanjye ati…
View On WordPress
0 notes