Tumgik
#zibasiye
magaratimes · 7 years
Text
#BBC: Inzuki ibihumbi n'ibihumbi zibasiye imodoka mu mujyi wa Hull
#BBC: Inzuki ibihumbi n’ibihumbi zibasiye imodoka mu mujyi wa Hull
[ad_1] Image caption Umuturanyi yaburiye Madamu Taylor ko inzuki zaciye indaro mu modoka ye Shirley Taylor yavuze ko inzuki zaje zigaca indaro mu modoka ye ya Nissan yari iparitse imbere y’umuryango w’iwe ku cyumweru mu gace k’ahitwa Watt Street. Chris Coulson, umukuru w’ishyirahamwe ry’abavumvu b’i Beverley, kuva icyo gihe yagerageje kwinginga izo nzuki ngo zive muri iyo modoka. Yavuze ko atazi…
View On WordPress
0 notes
touchrwanda · 4 years
Text
Ubushakashatsi bwagaragaje ubwoko bw’amaraso bushobora guhangana na Coronavirus
Ubushakashatsi bumaze gukorwa bugaragaza ubwoko bw’amaraso bufite ubushobozi bwo guhangana n’indwara zitandukanye zibasiye umubiri w’umuntu aho usanga ubwoko bwa A,B,AB na O bitandukanye mu kwandura no kurwanya indwara.
Abantu basanzwe bafite ubwoko bw’amaraso bwa (O), byagaragaye ko bafite amahirwe menshi yo kutandura byihuse icyorezo cya coronavirus cyibasiye Isi yose, bitandukanye n’ubwoko bwa…
View On WordPress
0 notes
umukunzimwiza · 5 years
Text
Joe Biden ngo aramutse atowe yazarandura Cancer muri Amerika
Joe Biden ngo aramutse atowe yazarandura Cancer muri Amerika
Umunyapoliti w’ umunyamerika , Joe Biden wari wungirije Perezida Barack Obama ubwo yari mu mirimo ye, yatangarije abaturage kuzarandura indwara ya cancer muri Amerika nibaramuka bamutoreye kuyobora iki gihugu muri 2020.
Iyi ntego yo guhangana n’ indwara ya canceriri mu za mbere zibasiye Abanyamerika, Joe Biden yashimangiye ubwo yari mu gikorwa cyo kwiyamamaza kuba Perezida cyabereye mu Ntara ya…
View On WordPress
0 notes
frankirad · 8 years
Text
Nyuma y’inkongi 211 zibasiye u Rwanda 2016, hatangijwe amahugurwa yo kuzirwanya
Nyuma y’inkongi 211 zibasiye u Rwanda 2016, hatangijwe amahugurwa yo kuzirwanya
Mu Ishuri rya Polisi y’u Rwanda ry’i Gishari, mu karere ka Rwamagana, ku wa mbere  tariki ya 9 Mutarama 2017, hatangijwe amahugurwa y’ibanze ku gukumira no kurwanya inkongi z’imiriro; akaba yitabiriwe n’abantu baturuka mu nzego zitandukanye.
Photo/archive
Aya mahugurwa yateguwe na Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’Ikigo gishinzwe guteza imbere imyuga n’ubumenyingiro (WDA) agabanyijemo ibyiciro…
View On WordPress
0 notes
touchrwanda · 5 years
Text
Joe Biden ngo aramutse atowe yazarandura Cancer muri Amerika
Joe Biden ngo aramutse atowe yazarandura Cancer muri Amerika
Umunyapoliti w’ umunyamerika , Joe Biden wari wungirije Perezida Barack Obama ubwo yari mu mirimo ye, yatangarije abaturage kuzarandura indwara ya cancer muri Amerika nibaramuka bamutoreye kuyobora iki gihugu muri 2020.
Iyi ntego yo guhangana n’ indwara ya canceriri mu za mbere zibasiye Abanyamerika, Joe Biden yashimangiye ubwo yari mu gikorwa cyo kwiyamamaza kuba Perezida cyabereye mu Ntara ya…
View On WordPress
0 notes
touchrwanda · 8 years
Text
Nyuma y’inkongi 211 zibasiye u Rwanda 2016, hatangijwe amahugurwa yo kuzirwanya
Nyuma y’inkongi 211 zibasiye u Rwanda 2016, hatangijwe amahugurwa yo kuzirwanya
Mu Ishuri rya Polisi y’u Rwanda ry’i Gishari, mu karere ka Rwamagana, ku wa mbere  tariki ya 9 Mutarama 2017, hatangijwe amahugurwa y’ibanze ku gukumira no kurwanya inkongi z’imiriro; akaba yitabiriwe n’abantu baturuka mu nzego zitandukanye. Photo/archive Aya mahugurwa yateguwe na Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’Ikigo gishinzwe guteza imbere imyuga n’ubumenyingiro (WDA) agabanyijemo ibyiciro…
View On WordPress
0 notes